Never miss any important articles. Subscribe to our newsletter.

Umunyarwanda w’Umunyemari Rujugiro Ayabatwa Tribert yapfuye

Facebook
Twitter
LinkedIn
Pinterest
Pocket
WhatsApp

Umunyemari Rujugiro Ayabatwa Tribert yapfuye

Umunyemari Rujugiro Ayabatwa Tribert yapfuye. Kugeza ubu ntiharamenyekana icyateye urupfu rwe.

Uyu mugabo wapfuye ku myaka 82 y’amavuko, yamenyekanye cyane mu bucuruzi bw’itabi n’imitungo itimukanwa.

Yaherukaga mu Rwanda mu mwaka wa 2010, ubwo yaruvagamo nyuma bimenyekana ko yahungiye muri Afurika y’Epfo, igihugu yari asanzwe akoreramo ubucuruzi. Ni nyuma y’uko bitahuwe ko yanyerezaga imisoro ndetse agakorana n’abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda, abatera inkunga.

Rujugiro wavukiye mu Rwanda ahagana mu 1941 yabaye mu Burundi igihe kinini nk’impunzi, ari naho yatangiriye ubucuruzi bw’itabi.

Amwe mu mafoto y’umuherwe Rujugiro Ayabatwa Tribert witahiye

Facebook
Twitter
LinkedIn
Pinterest
Pocket
WhatsApp

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *