Never miss any important articles. Subscribe to our newsletter.

AMAKURU AGENEWE ABARIMU BASHAKA GUSABA MITASIYO: UBURYO ISABWAMO MURI TIMS.

Facebook
Twitter
LinkedIn
Pinterest
Pocket
WhatsApp

TIMS(Teacher Management Information System ) ni Sisitemu yo gucunga amakuru ya mwarimu.

iyi SISETEMU ikirrerwa ibikorwa byinshi bitandutanyanye mu guteza imbere ireme ry’uburezi hifashijwe ikoranabuhanga. Muri ibyo bikorwa harimo

  1. Gusaba Kohereza
    Muri iyi Sisetermu Abarimu bakuru(Abayobozi b’ibigo by’amashuri) bafite amahitamo yo gusaba imyanya myinshi ukurikije imyanya bafite mumashuri yabo. abashinzwe uburezi mu karere(DDEs) bafite imigaragarire yerekana imyanya yose isabwa kuva mumashuri mbere yo koherezwa muri REB. Noneho REB ibone umubare wimyanya isabwa mu turere twose twujuje ibyangombwa.

hari n’ibindi bitandukanye abayobozi bakoreramo

2. Abarimu basabwe kuba bariyandikishe muri iyi SISETEMU bafiteho account aho bashobora gukoreramo ibi bikurikira :

gusabiramo guhindurira aho basanzwe bakorera( Transfer and Permution), ikiruhuko cyo kubyara ku badamu na buruse( scholarships)

kanda hano urebe uko wasaba mitasiyo ukurikize amabwiriza

Facebook
Twitter
LinkedIn
Pinterest
Pocket
WhatsApp

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *