403 Forbidden
May 30, 2023

Ese satani akora ate ? yarwanya imbaraga z’imana ? ibyabaye kuri victor

Nuko haciyeho ibyumweru byinshi ndigukora muri Moruge Njyenyine, biba ngombwa ko bazana uwo dukorana ariwe Victor .
Victor yakundaga Abakobwa kuburyo yanatanga ibye byose ariko akaryamana nabo.
Haciyeho amezi menshi, Victor twabaye inshuti zakadasohoka, Rimwe narimwe twaziraga rimwe kukazi tukanatahana nimugoroba kubera ko twari dutuye muri Karitsiye imwe.

Umunsi umwe twari twicaye dutera Burage aba arambwiye..”Mwana maze iminsi nkora imibonano mpuzabitsina n’umukobwa hano Dukora “
Nanjye mubazanya amatsiko koko nti “ Wow, Nibyo se! Kumbe niwowe utereta wamukobwa ukora Amasuku bita Cynthia?”

Victor ansubiza anamwenyura ubonako afite ibinezaneza :” Oya Man, Ndavuga wamurambo wakagakobwa keza baherutse kuzana hano muri Moruge “Nanjye nubwoba bwinshi nti:” Buretse gato!?

Umbwiyeko usambana n’umurambo cg amatwi arapfuye?”
Victor ati:” Man wowe ntabwo wabyumva, uzi ukuntu kariya kana ari keza kanaryoshye Man”
Mba ndamubwiye nti “ Victor rero mushuti wanjye byakubera byiza uhise uhagarika ubwo bugoryi niba udashaka umuvumo

Victor inama zose namugiraga ntiyazumvise yakomeje gusambanya imirambo .
Umunsi wabanzirije ejo rero, Victor yasubiye gusambanya kakarambo Kagakobwa keza , mugihe arimo akuramo imyenda ngo atangire gahunda
Umurambo uba uravuze uti:” Buretse gato, Burimunsi iyuje kunsambanya niwowe ubanza gukuramo imyenda , kuriyinshuro ninjye ubanza gukuramo “

Victor yavugije induru Ni’inka bateye icyuma , akigerageza gusohoka yiruka muri Moruge asanga umurambo wamutanze kumuryango .

Umurambo uti:”Chr ko uri kwiruka se kandi? Umaze iminsi undyohereza, kuki uri guhunga?”

Victor Mumarira menshi ati:” Mbabarira nkusabye imbabazi ndeka nsohoke, sinzongera gukosa“
Umurambo uti:” kuki ufite ubwoba chr ? Kuki Nakureka ugasohoka? Ntabwo ariwowe tumaze iminsi dukora imibonano mpuzabitsina? None kuki urikwiruka? “

Umurambo arinako uza wegera Victor uti:” Wamusore we numvise uzi kuryoshya imibonano, Vayo wongere unkorezeho “
Victor Arimo aboroga ati :” Oya weeee, Oyaaaaaa Winyegera ndagusabye imbabazi”
Umurambo ukomeza usatira Victor… Ukimucakira utangiye kumusomagura, Victor aba avuze mu ijwi riranguruye ati:” MARASO YA YESU NKIZA “

Victor akimara kuvuga atyo, umurambo wahise umukubita urushyi nkurwinkuba, Victor aba aguye hasi arahwera .

Inkuru zacu ni akagaruka , kanda hano tubana buri munsi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *